Hariho abantu bamwe bahamagarwa n’Imana, ariko bagatinda kwitaba kuko bashidikanya koko niba ari Imana ibahamagariye gukora umurimo...
Ubuyobozi
Kubera ubucuti yarafitanye n’umutambyi byatumye amushyira mu nzu y’Imana (Eliyashibu). Umwigishwa asa n’umwigisha ndetse nta waba umwigisha...
Babyibeshyeho ububyutse si ukugira abantu benshi mu makoraniro (Insengero) Mu mwaka wa 2015 nigeze nyura kuri bene...
Icyatumye Yuda yiyahura ni uko banze kumutega amatwi Uramutse uhuye n’isanganya rikomereye amarangamutima yawe cyangwa ugakora icyaha...
Yamubwiyeko amaze imyaka ine yiga ibyanditswe byera, amusubiza ko amaze imyaka mirongo ine abigenderamo. Urumuri rugendera ku...
Nimurodi yongeye kugaragara mu buryo butaziguye ari kubaka umunara usa n’uw’i babeli. Ibyahozeho ni byo bizongera kubaho,...
Yararanye n’indaya kandi yari umushumba kandi aho yajyaga hose amaso ye yiboneraga abakobwa (Samusoni). Intangiriro Njya numva...
Bibagiwe/Batinze gutoza ab’ahazaza none isi yarabatwaye. niba bishyura abacuranzi tubyitege mu minsi iza naba Perezida baraza kwishyurwa....
Mu mwaka wa 2015 ubwo nigaga mu mwaka wa kane w’amashuri yisumbuye, uwari uhagarariye isomero ry’ishuri (Academic...